Latest news

Abayobozi bungirije b’akarere ka Rusizi batowe

Hari hashize igihe kigera ku mezi 3, Akarere ka Rusizi katagira abayobozi bungirije kuko beguye ku mirimo yabo. Abo bayobozi ni umuyobozi w’akarere...

Read more

Abahatanira kuba Abanyanama mu Mirenge ya Nkombo na Nyakarenzo bari mu gikorwa cyo kwiyamamaza

Nyuma y’aho bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’akarere ka Rusizi beguriye ku mpamvu zabo bwite, ubu Komisiyo y’Igihugu y’Amatora iri mu myiteguro yo...

Read more

Abanyamakuru n’Abanyapolitiki bashoje amahugurwa ya BRIDGE

Ku bufatanye hagati ya Komisiyo y’Igihugu y’Amatora(NEC) n'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita  ku  Majyambere (UNDP), Abanyamakuru n’abari...

Read more

Abagize imitwe ya politiki n’Abanyamakuru barahabwa amahugurwa ya BRIDGE

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora(NEC) n'Ishami ry'Umuryango w'Abibumbye ryita  ku  Majyambere (UNDP)bateguye amahugurwa ku bantu 25 bahagarariye imitwe ya...

Read more

Bugesera na Kayonza: hatowe abayobozi bungirije bashinzwe imibereho myiza y’Abaturage

Uwiragiye Pricille niwe watorewe kuba Umuyobozi wungirije w’akarere ka Bugesera ushinzwe imibereho myiza y’abaturage ku majwi 84,1% naho Madamu...

Read more

Abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora barahugurwa ku butabazi bw’ibanze

Niba uri mu gikorwa cy’amatora, umwe mu baje gutora cyangwa undi wese akagira ikibazo gituma ubuzima bwe bujya mu kaga, wabyitwaramo ute? Iki ni...

Read more

Amatora yo kuzuza mu Turere twa Kayonza na Bugesera yagenze neza

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ikomeje igikorwa cy’amatora yo kuzuza imyanya itorerwa itarimo abantu. Nyuma yo kuzuza imyanya yo mu Nama Nkuru y’Igihugu...

Read more

Related Links