Latest news

Amahugurwa y’Abazahugura abandi ku birebana n’Imyiteguro y’amatora ya Perezida wa Repubulika ageze ku rwego rw’Imirenge

Igikorwa cy’amahugurwa y’abazahugura abandi ku birebana n’Imyiteguro y’amatora ya Perezida wa Repubulika ateganyijwe umaka utaha wa 2017, kuri ubu...

Read more

Abakorerabushake b’amatora mu Turere twa Ngororero na Nyabihu bishyize hamwe baremera abacitse ku icumu rya jenoside batishoboye.

Kuri uyu wa gatatu, tariki 28 Nzeri 2016, abayobozi ba Komisiyo y’Igihugu y’amatora bifatanyije n’abakorerabushake b’amatora bo mu Turere twa...

Read more

Ubuyobozi n’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu mwiherero wo kunoza no kwemeza inyandiko zitandukanye zizakoreshwa mu myiteguro y’amatora yo mu 2017.

|   Nec news

Nyuma y’imirimo yakozwe n’abatekinisiye mu minsi ishize, guhera mu ntangiriro z’icyumweru cyo ku itariki 22 -25 Kanama 2016, Abakomiseri n’abandi...

Read more

Inama nsuzumamigendekere y’amatora mu ntara zasorejwe Rubavu

|   Nec news

Kuri uyu wa gatanu, tariki 24 Kamena 2016 nibwo Inama nsuzumamigendekere y’amatora zaberaga hirya no hino mu ntara zitandukanye zasojwe. Inama ya...

Read more

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yashimiye mu ruhame ababaye indashyikirwa mu mwaka dusoza wa 2015 – 2016.

|   Nec news

Bwana Ruberanziza Jean de Dieu, wahize abandi, yerekana certificate yahawe

Hari mu nama rusange y’abakozi ba Komisiyo y’Igihugu y’amatora, iba buri...

Read more

Inama nsuzuma migendekere y'amatora mu Ntara y'Amajyepfo

|   Nec news

Kuwa kabiri tariki 14 Kamena 2016, i Nyanza mu Ntara y'Amajyepfo habereye inama yasuzumiwemo imigendekere y'amatora y'inzego z'ibanze duherutsemo...

Read more

Inama nsuzumamigendekere y’Amatora mu Ntara y’Amajyaruguru

|   Nec news

Kuri uyu wa kabiri, tariki 07 Kamena 2016, Komisiyo y’Igihugu y’amatora (NEC) yagiranye Inama nsuzumamigendekere y’Amatora ya Referandumu yo mu...

Read more

Related Links