Latest news
Amatora yo kuzuza inzego arakomeje
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora iri mu gikorwa cy’amatora yo kuzuza imyanya itorerwa itarimo abantu kubera impamvu zitandukanye zirimo kuba baratorewe...
Read moreAbagore biyamamariza kuzajya mu Nteko Ishinga Amategeko basobanuriwe uburyo bazitwara mu matora
Abagore bahatanira kuzajya mu Nteko Ishinga Amategeko bahawe amabwiriza y’uko bazitwara mu gihe cyo kwiyamamaza. Iki gikorwa cyakorewe mu Ntara zose...
Read moreKIA yunguranye ibitekerezo n’Abakandida depite
Mu rwego rwo gusangira ibitekerezo ku migendekere myiza y’amatora, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yahuye n’abakandida depite.Mu nama bagiranye taliki ya...
Read moreAbakozi ba kaminuza basobanuriwe ibijyanye n’amatora y’Abadepite
Mu kiganiro Komisiyo y’Igihugu y’Amatora yatangiye muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (NUR) taliki 14 Kanama 2013 Komiseri muri Komisiyo y’Igihugu...
Read moreAbakozi bo muri serivisi za Minisitiri w’Intebe basobanuriwe ibijyanye n’amatora y’Abadepite
Nk’uko birimo gukorwa mu bigo byose byo mu gihugu, abayobozi bakuru ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora bagiranye inama n’abakora muri serivisi za...
Read moreAbayobozi mu Ntara y’Amajyepfo barashishikarizwa gufasha mu bukangurambaga ku matora
Mu biganiro intumwa za Komisiyo y’Igihugu y’Amatora zagiranye n’abayobozi b’Inzego z’ibanze ndetse n’abashinzwe umutekano bo mu Ntara y’Amajyepfo,...
Read moreAbahagarariye imitwe ya Politiki baganirijwe ku buryo bwo kwiyamamaza
Abahagarariye imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda bakoranye inama n’abayobozi bakuru ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora. Baganiriye ku myitwarire...
Read more